UKURI MPFITE WAGUHUZA NUKO UFITE UKUBAKA UMURYANGO W'UMUGISHA!
Njyewe kugeza ubu
ibi ngiye kubabwira niko kuri ngezeho ariko ntibisobanuye ko Ibirenze Ibi
bidahari.....Impamvu uyu munsi ntangiye nisegura ni uko ntahantu muri bibilia
hatwigisha gute umuryango ugomba kubaho? ariyo nyigisho ariyo nyigisho
yihariye. yewe nta famille Ihari twavuga ngo byibuze niyo rugero twashingiraho
twafata.....buri muntu wese yubaka umuryango bingana n’ihishurirwa afite mu
ijambo ry imana niyo mpamvu nababwiye ko bishoboka ko hari ibyaruta ibi, Ariko muri
iki gihe mbyutse numva umwuka wera ambwira kubasangiza uku kuri guke mfite...1 petero 3:7” namwe bagabo ni uko: mubane nab’abagore
banyu, mwerekane ubwenge mubyo mubagirira kuko bameze nk’inzabya zidahwanije
namwe gukomera, kandi mububahe nkabaraganwa namwe ubuntu bw’ubugingo, kugirango
amasengesho yanyu ye kugira inkomyi
Hano baratubwiye
ngo umugabo akwiriye kubyumva kimwe neza numugore we (iyi ni impine..arko
byagufasha usomye umurongo wose) kugirango amasengesho ye atagira inkomyi..Aha ndabanza
kwisegura ndabizi ko benshi mutari mwashaka, najye ubabwira si ndashaka ariko n’ihishurirwa
dukwiye kumenya. Ibi biri kwerekana ko bishoboka ko umuntu amasengesho ye
atakumvikana...kandi hari ibyanditswe byinshi bitubwira ngo nimugira icyo
musaba mu izina ryanjye nzakibaha, ibi birasa nkaho bishimangira ko usabye mu
izina rya yesu kandi wizeye ari ntacyabuza ko wumvikana mu ijuru kandi ugahabwa
icyo washakaga
Nibyo pe, ariko menya ko hari indi case yo bishoboka ko
utakumvikana nagatoAriyo kuba
warashatse ( married ) : kuko ntakumtu waba utabyumva kimwe n'mugore wawe
(umubiri wawe) Ephesians 5:28 (AMP)“28 Even so
husbands should love their wives as [being in a sense] their own bodies. He who
loves his own wife loves himself”.Munyumvire namwe,
Umugabo ntakwiriye kubona umugore we nk'umugore ahubwo akwiriye ku mubona
nk'umubiri we Kuko niko imana imubona Mu itangiriro 2:24Ngo azasiga se nanyinA..........bombi babe umubiri
umwe!!!Aha birumvikana impamvu utakumvikana mu ijuruNi uko uri gusenga uri igice kuko umubiri wawe ntawo
ufite waje utuzuye.
Mu gihe utarashaka wowe wenyine uba wuzuye, ndibaza muri gusobanukirwa what am sayingNdi gusobanura impamvu ibi byanditswe bibiri byose ari
ukuri nubwo hasa nkaharimo contradictionKuki imana irimo kubwira umugabo?? Ni uko naturally
ibi ntacyo wabihinduraho umugore ari weaker than a man kandi ukurikije ibyansitswe
in Ephesians 5:25Umugabo niwe uri kubwirwa gukunda umugore we....ntago
ari umugore ubwirwaSi uko umugabo atagira urukundo ahubwo ni uko ariwe
urugira mu yandi magambo niwe ushobora gukunda kuko urukundo muri we rurimo, Imana
ntiyagusaba ibyo itaguhaye Cg ibyo izi ko utashobora gukora.Mwibuke uyu ni paul uzi ubuntu bw’Imana, iyo usomye
neza isezerano rishya Imana idusaba ibyo yadushoboje kuba twakora Bitandukanye
nisezerano ryakera aho yabasabaga ibidashoboka kugirango babone ko bayikeneye, Abagore bo ntibashobora gukunda icyo nakwita
primary loveBakunda secondary
-
Niyo
mpamvu Imana inabwira abagabo ngo abagore ni inzabya zoroshye
Yashakaga
kubamenyesha ko abagore bajyanwa aho umugabo yashaka,-
Ikindi
sinokujyanwa gusa ahubwo banakomereka vuba kandi bagasanwa byoroshye sink’umugabo
Kandi
Imana yerekanye ko aribo bagira amakosa...Imana ikamenyesha
umugabo patern
we ko ari weak cyane
Nti mubitindeho iki na satani arakizi niyo mpamvu
yatatse eva ntajye kwa adamu mbere Kuko eva naturally yari kumworohera Niyo mpamvu rero umugabo ariwe usabwa gukunda uyu
muntu ufite intege nke gutya-
Ikindi
ngo akamukuyakuya Ibi mumvugo zacu ni ugutanga care Ukamwitaho nkuwita kumubiri
wawe bwite Niyo standard imana iha abagabo
Ikabasaba kubagaburira, Ikabasaba kubihanganira cyane
murukundo rutangajeAho agaragaje za ntege nke ze niho aba akwiriye
gukundwa cyane!!Namwe mundebere imana ibyita kumweza kuko iyo umweretse
ko muntege nke ze arushaho kubona urukundo zigenda zishira zigahinduka imbaragaEph 5:26 “So that He might sanctify her, having
cleansed her by the washing of water with the Word”
Nyuma yamakosa menshi yagukorera kuko afite intege
nke...ugomba kumwezaKandi urukundo rushobora kumweza, niho wakwemera no
kumupfira asa nabi (yakosheje)Utamukoreye ibi ntago yakwera iyi mvugo si nzi niba
mushoboye kuyumva.Ni ukuvugango ugomba kumukunda cyane nubwo yaba
yagucuritseho isi...nibwo bwonyine atakongera kubikora Kandi muri wowe niho
habamo urukundo umugore wawe agukundaAzagukunda urungana nurwo wahisemo ko agukundaNi umukunda cyane azagukunda cyane numukunda gake nawe
ntuzategereze ibirenze ibyo wamweretse. Paul
yagereranyije umugore nk’itoreroUmugore nink’itorero umugabo ni nka yesu...kuko bose
bakora umubiri umweKristo yadukunze turi babi We aratunganye
NB: ntago bivuze ko umugabo atunganye rwose
ahubwo ukorera umugore we ibyo kristo yakoreye church niwe utunganye
Ubwo rero iki ni igipimo cyiza Church iranduye
Ephesians 4:12 Haravuga ngo kugirango abera batungane rwoseIbaze ngo ni abera badatunganye rwose Niyo mpamvu
bagomba gutungana rwoseChurch ariwo mugore akenera gutunganywa numugabo we Bivuzeko
hari ibyiringiro byuko umugore yaba perfect Ariko gusa abigizwe numugabo weUbwo umugabo atari perfect ntago byabaho ko umugore
yaba perfect
Rero mugabo ntabyaha biriho ku isi cg byigeze kubaho
cg bizabahoByatuma ugabanya cg udakunda umugore wawe nkuko ari
ntabihari church yakora ngo kristo yisubireho ntibe ikiri umubiriwe niko nawe
ukwiriye kumeraKubagabo kandekere aho!!!
·
Kuki
rero umugabo akeneye cyane umugore
Nubwo bishoboka ko ushoboye kutamushaka ntacyo wabaKuko iyo aba ari ngombwa cyane Yesu na paul nabo baba
bararongoyeAriko kamvuge impamvu akenewe kuko nzi ko twe tuzashakaUbwo namwe bakobwa mwumve role nimbaraga zanyu ku
mugaboAriko kubadashaka iyo kwanza ninindi case. Munyumvire
namwe nari ndimo kubereka ko kristo ubu ntibivuze yesu Gusa, Kuko kristo cg
messiah bivuga ngo uwasizwe
Kandi twabonye ko yesu ari buvuke mumazina marayika
yabwiye maria kuzita uwo mwana kristo cg messiah ntaririmo Ahubwo yaje kuryitwa
nyumaAmaze gu pruva ko koko yasizwe Kuko icyo gihe niwe wenyine
wari warasizwe niyo mpamvu yiswe kristo Ariko ubu kristo si yesu gusa ni church
plus Jesus bose bagakora umubiri umwe ariwo paul yavuze mubefeso 5:23Ubu rero byumvikane ko umugabo adashobora kugera kuri
perfection yubuzima bwe adafite umugore....kuko we ntahagije gukora assignment
imana iba yaramuhaye gukora akora inaha
Akenera andi maboko adashobora guhabwa nundi mugabo
keretse umugoreNiyo mpamvu umurimo kristo atarangije yawuhaye churchIkindi iyo biba ko yari yihagije ndavuga yesu cg data
cg umwuka wera bari kubyikorera ntibashake abantu bakomeza uwo murimo nubwo ari
bo babaha kubishobora neza
Iyi ngingo iri strong byahatariNdi kuvuga ngo iyo imana iba yihagije gusohoza icyo
yagambiriye cyose nubu yari kuba ihibereye ntawe ituyemo ibyikorera yonyine twe
turi indorereziKuko yabonye ko ikeneye kweza church ngo ikomeze ba
korane in a harmony nukuvuga ko umugore arakenewe byahatari kuzuza umugabo niyo
mpamvu paul yavuze ngo ubwo dukorana nayoIkindi
IMANA YISE UMUGORE NGO NI UMUFASHA (PALAKLETOS in
greeck)Utinye ko iri ari naryo zina ry'UMWUKA WERA in greeck
(PALAKLETOS)
Umugore mumubiri asangira izina numwuka wera mumaso y’ImanaIbi si uko ahuje kamere nawe ahubwo ni uko umumaro
umwuka wera akorera church (STRENGTHENER, COMFERTER, STAND BY, CONSOLER,
INTERCESSOR, ADVOCATE) ninawo umugore agirira umugabo we iyo uwo mugore
yatunganyijwe rwose
Iyo ufashe nabi umwuka wera u experience nothing iyo
utazi ko abana nawe ( HOLY SPIRIT) buri munsi 1COR 6:19 ngo ese ntimuziko muri
insengero z’umwuka wera utuye muri mwe? ...ukora byose kandi ahari kugirango
agufashe muri byose. Its same way
nudakuyakuya umugore wawe u'll get nothing from her it’s up to u guys
kuryoherwa nurugo rwawe cg rukakubihira bikarutwa nuko waba muri gereza. Abagore
cg abakobwa nibyo byaremwe byiza bibaho kwisiBiguha icyo ukwiriye mugihe cyacyo Ntago baguha ibuye
ukwiye umugatiNtanubwo baguha ifi ukwiriye inzoka.
Ubundi se mwibaza ngo kuki ushobara kubona umukobwa cg
umugore yarakwijeje ibitangaza akaguhinduka agasanga undi? ntago ikosa ari irye
nyine ntakundi yabikoraIkosa niryawe wowe utaramwejeje neza.
yanditswe na Gatera Byiringiro Steven.
Bless u, I love u all
Ese wowe ubona wakora iki ngo ubeho mu muryango ufite umugisha!
No comments:
Post a Comment
God bless you for Reading, May you be blessed