Wednesday 8 October 2014

UKURI MPFITE WAGUHUZA NUKO UFITE UKUBAKA UMURYANGO W'UMUGISHA!

Njyewe kugeza ubu ibi ngiye kubabwira niko kuri ngezeho ariko ntibisobanuye ko Ibirenze Ibi bidahari.....Impamvu uyu munsi ntangiye nisegura ni uko ntahantu muri bibilia hatwigisha gute umuryango ugomba kubaho? ariyo nyigisho ariyo nyigisho yihariye. yewe nta famille Ihari twavuga ngo byibuze niyo rugero twashingiraho twafata.....buri muntu wese yubaka umuryango bingana n’ihishurirwa afite mu ijambo ry imana niyo mpamvu nababwiye ko bishoboka ko hari ibyaruta ibi, Ariko muri iki gihe mbyutse numva umwuka wera ambwira kubasangiza uku kuri guke mfite...1 petero 3:7” namwe bagabo ni uko: mubane nab’abagore banyu, mwerekane ubwenge mubyo mubagirira kuko bameze nk’inzabya zidahwanije namwe gukomera, kandi mububahe nkabaraganwa namwe ubuntu bw’ubugingo, kugirango amasengesho yanyu ye kugira inkomyi


Hano baratubwiye ngo umugabo akwiriye kubyumva kimwe neza numugore we (iyi ni impine..arko byagufasha usomye umurongo wose) kugirango amasengesho ye atagira inkomyi..Aha ndabanza kwisegura ndabizi ko benshi mutari mwashaka, najye ubabwira si ndashaka ariko n’ihishurirwa dukwiye kumenya. Ibi biri kwerekana ko bishoboka ko umuntu amasengesho ye atakumvikana...kandi hari ibyanditswe byinshi bitubwira ngo nimugira icyo musaba mu izina ryanjye nzakibaha, ibi birasa nkaho bishimangira ko usabye mu izina rya yesu kandi wizeye ari ntacyabuza ko wumvikana mu ijuru kandi ugahabwa icyo washakaga


Nibyo pe,  ariko menya ko hari indi case yo bishoboka ko utakumvikana nagatoAriyo kuba warashatse ( married ) : kuko ntakumtu waba utabyumva kimwe n'mugore wawe (umubiri wawe) Ephesians 5:28 (AMP)“28 Even so husbands should love their wives as [being in a sense] their own bodies. He who loves his own wife loves himself”.Munyumvire namwe, Umugabo ntakwiriye kubona umugore we nk'umugore ahubwo akwiriye ku mubona nk'umubiri we Kuko niko imana imubona Mu itangiriro 2:24Ngo azasiga se nanyinA..........bombi babe umubiri umwe!!!Aha birumvikana impamvu utakumvikana mu ijuruNi uko uri gusenga uri igice kuko umubiri wawe ntawo ufite waje utuzuye. 


Mu gihe utarashaka wowe wenyine uba wuzuye,  ndibaza muri gusobanukirwa what am sayingNdi gusobanura impamvu ibi byanditswe bibiri byose ari ukuri nubwo hasa nkaharimo contradictionKuki imana irimo kubwira umugabo?? Ni uko naturally ibi ntacyo wabihinduraho umugore ari weaker than a man kandi ukurikije ibyansitswe in Ephesians 5:25Umugabo niwe uri kubwirwa gukunda umugore we....ntago ari umugore ubwirwaSi uko umugabo atagira urukundo ahubwo ni uko ariwe urugira mu yandi magambo niwe ushobora gukunda kuko urukundo muri we rurimo, Imana ntiyagusaba ibyo itaguhaye Cg ibyo izi ko utashobora gukora.Mwibuke uyu ni paul uzi ubuntu bw’Imana, iyo usomye neza isezerano rishya Imana idusaba ibyo yadushoboje kuba twakora Bitandukanye nisezerano ryakera aho yabasabaga ibidashoboka kugirango babone ko bayikeneye,  Abagore bo ntibashobora gukunda icyo nakwita primary loveBakunda secondary

-         Niyo mpamvu Imana inabwira abagabo ngo abagore ni inzabya zoroshye
           Yashakaga kubamenyesha ko abagore bajyanwa aho umugabo yashaka,-         

Ikindi sinokujyanwa gusa ahubwo banakomereka vuba kandi bagasanwa  byoroshye sink’umugabo
           Kandi Imana yerekanye ko aribo bagira amakosa...Imana ikamenyesha 
umugabo patern we            ko ari weak cyane       

Nti mubitindeho iki na satani arakizi niyo mpamvu yatatse eva ntajye kwa adamu mbere Kuko eva naturally yari kumworohera Niyo mpamvu rero umugabo ariwe usabwa gukunda uyu muntu ufite intege nke gutya-         Ikindi ngo akamukuyakuya Ibi mumvugo zacu ni ugutanga care Ukamwitaho nkuwita kumubiri wawe bwite Niyo standard imana iha abagabo

Ikabasaba kubagaburira, Ikabasaba kubihanganira cyane murukundo rutangajeAho agaragaje za ntege nke ze niho aba akwiriye gukundwa cyane!!Namwe mundebere imana ibyita kumweza kuko iyo umweretse ko muntege nke ze arushaho kubona urukundo zigenda zishira zigahinduka imbaragaEph 5:26 “So that He might sanctify her, having cleansed her by the washing of water with the Word”
Nyuma yamakosa menshi yagukorera kuko afite intege nke...ugomba kumwezaKandi urukundo rushobora kumweza, niho wakwemera no kumupfira asa nabi (yakosheje)Utamukoreye ibi ntago yakwera iyi mvugo si nzi niba mushoboye kuyumva.Ni ukuvugango ugomba kumukunda cyane nubwo yaba yagucuritseho isi...nibwo bwonyine atakongera kubikora Kandi muri wowe niho habamo urukundo umugore wawe agukundaAzagukunda urungana nurwo wahisemo ko agukundaNi umukunda cyane azagukunda cyane numukunda gake nawe ntuzategereze ibirenze ibyo wamweretse.  Paul yagereranyije umugore nk’itoreroUmugore nink’itorero umugabo ni nka yesu...kuko bose bakora umubiri umweKristo yadukunze turi babi We aratunganye

NB: ntago bivuze ko umugabo atunganye rwose ahubwo ukorera umugore we ibyo kristo yakoreye church niwe utunganye
Ubwo rero iki ni igipimo cyiza Church iranduye
Ephesians 4:12 Haravuga ngo  kugirango abera batungane rwoseIbaze ngo ni abera badatunganye rwose Niyo mpamvu bagomba gutungana rwoseChurch ariwo mugore akenera gutunganywa numugabo we Bivuzeko hari ibyiringiro byuko umugore yaba perfect Ariko gusa abigizwe numugabo weUbwo umugabo atari perfect ntago byabaho ko umugore yaba perfect
Rero mugabo ntabyaha biriho ku isi cg byigeze kubaho cg bizabahoByatuma ugabanya cg udakunda umugore wawe nkuko ari ntabihari church yakora ngo kristo yisubireho ntibe ikiri umubiriwe niko nawe ukwiriye kumeraKubagabo kandekere aho!!!

·        Kuki rero umugabo akeneye cyane umugore

Nubwo bishoboka ko ushoboye kutamushaka ntacyo wabaKuko iyo aba ari ngombwa cyane Yesu na paul nabo baba bararongoyeAriko kamvuge impamvu akenewe kuko nzi ko twe tuzashakaUbwo namwe bakobwa mwumve role nimbaraga zanyu ku mugaboAriko kubadashaka iyo kwanza ninindi case. Munyumvire namwe nari ndimo kubereka ko kristo ubu ntibivuze yesu Gusa, Kuko kristo cg messiah bivuga ngo uwasizwe
Kandi twabonye ko yesu ari buvuke mumazina marayika yabwiye maria kuzita uwo mwana kristo cg messiah ntaririmo Ahubwo yaje kuryitwa nyumaAmaze gu pruva ko koko yasizwe Kuko icyo gihe niwe wenyine wari warasizwe niyo mpamvu yiswe kristo Ariko ubu kristo si yesu gusa ni church plus Jesus bose bagakora umubiri umwe ariwo paul yavuze mubefeso 5:23Ubu rero byumvikane ko umugabo adashobora kugera kuri perfection yubuzima bwe adafite umugore....kuko we ntahagije gukora assignment imana iba yaramuhaye gukora akora inaha
Akenera andi maboko adashobora guhabwa nundi mugabo keretse umugoreNiyo mpamvu umurimo kristo atarangije yawuhaye churchIkindi iyo biba ko yari yihagije ndavuga yesu cg data cg umwuka wera bari kubyikorera ntibashake abantu bakomeza uwo murimo nubwo ari bo babaha kubishobora neza

Iyi ngingo iri strong byahatariNdi kuvuga ngo iyo imana iba yihagije gusohoza icyo yagambiriye cyose nubu yari kuba ihibereye ntawe ituyemo ibyikorera yonyine twe turi indorereziKuko yabonye ko ikeneye kweza church ngo ikomeze ba korane in a harmony nukuvuga ko umugore arakenewe byahatari kuzuza umugabo niyo mpamvu paul yavuze ngo ubwo dukorana nayoIkindi
IMANA YISE UMUGORE NGO NI UMUFASHA (PALAKLETOS in greeck)
Utinye ko iri ari naryo zina ry'UMWUKA WERA in greeck (PALAKLETOS)
Umugore mumubiri asangira izina numwuka wera mumaso y’ImanaIbi si uko ahuje kamere nawe ahubwo ni uko umumaro umwuka wera akorera church (STRENGTHENER, COMFERTER, STAND BY, CONSOLER, INTERCESSOR, ADVOCATE) ninawo umugore agirira umugabo we iyo uwo mugore yatunganyijwe rwose

Iyo ufashe nabi umwuka wera u experience nothing iyo utazi ko abana nawe ( HOLY SPIRIT) buri munsi 1COR 6:19 ngo ese ntimuziko muri insengero z’umwuka wera utuye muri mwe? ...ukora byose kandi ahari kugirango agufashe muri byose. Its  same way nudakuyakuya umugore wawe u'll get nothing from her it’s up to u guys kuryoherwa nurugo rwawe cg rukakubihira bikarutwa nuko waba muri gereza. Abagore cg abakobwa nibyo byaremwe byiza bibaho kwisiBiguha icyo ukwiriye mugihe cyacyo Ntago baguha ibuye ukwiye umugatiNtanubwo baguha ifi ukwiriye inzoka.
Ubundi se mwibaza ngo kuki ushobara kubona umukobwa cg umugore yarakwijeje ibitangaza akaguhinduka agasanga undi? ntago ikosa ari irye nyine ntakundi yabikoraIkosa niryawe wowe utaramwejeje neza.

yanditswe na Gatera Byiringiro Steven.

Bless u, I love u all

Ese wowe ubona wakora iki ngo ubeho mu muryango ufite umugisha!

No comments:

Post a Comment

God bless you for Reading, May you be blessed